in

Nta muntu wigira ibandi ashaje:Ifoto ya Rocky ikomeje kuvugisha abatari bake kubera imyambarire ye

Nta muntu wigira ibandi ashaje:Ifoto ya Rocky ikomeje kuvugisha abatari bake kubera imyambarire ye.

Rocky Kimomo wamamaye mu gusobanura Filime yashyize ifoto ye hanze ivugisha abari bake kubera imyambarire ye benshi bakomeje kunenga bavuga ko idakwiye.

Ni ifoto yafashwe ubwo yari yitabiriye umuhango wo gusengera igihugu, muri iyi foto aba yegeranye n’umunyamakuru Murindahabi Irene nk’uko bigaragara gusa uyu we aba yambaye yikwije.

Bamwe mu bakoresha urubuga rwa Twitter bashyizeho iyi foto ye abantu benshi berekana ko batishimiye iyi myambarire ye.

Hari uwagize ati :”kwigira ikirara ushaje nabyo ni ikibazo. ”

Uretse uwo hari n’abandi baje babivuga uko babyumva gusa bose bagahuriza kunenga ibyo yakoze, dore bimwe mu bitekerezo by’ababonye iyo foto.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Bodymars
1 year ago

Ubwo x ko witwa habana abashaka ubwo uhinyuje izina ryawe kumanywa yihangu kweli?ariko ushobora da kuba wanga urunuka ushobora kuba mutabana noneho waba urengeye waba utanubahiriza na hato ko umuntu yaremwe nkawe nkuko waremwe nyamara wibuke ko uwariwe wese abana nuwo ashaka cg icyo ashaka nta kumucira urubanza byabaho ariko se ko wibasiye Translator of movies,songs and so on.what’s going on there at your place? ubwo ntiwibeshye ko umuntu ubundi kugiti cye yigenga uko abishaka?(reality)Rocky yari muri mood ye uko ashaka ntawariwe wese ukwiye kumucira urubanza kuko he hasn’t any problem for what he ever did at that time sinibaza ukuntu wafata umuntu nka Rocky ngo ni urangize umuzaneho ngo kora ibi uko ubishatse knd mu byukuri nawe Ari ikiremwa neza neza nkubimubwiye Rocky rero araho azi neza gucangura ubwo ushobora nogusanga atanari kumwe namwe Ari nkumuntu wa mutumiye atanasobanukiwe ibyo aribyo bikatangira umwise ikirara nyamara woe uri mvuzi mvuzi idatekereza 2 woe umeze nkumwe ubona umurwayi warangiza ukavuga uburwayi afite knd utari doctor….ntanumwe ufite capacity yo kugenzura Rocky ahubwo we mumureke yibere umugenzuzi wa maisha yake hapana kumwinjirira ngo mutekenike amafuti yakozwe na Kirabiranya as if you are God of all achia pale….muache movies iendelee……….. Good day!!!!

Intambara y’amagambo hagati y’abakundanye, The Trainer bagiye kumutamaza

Abagore 5 b’ubwiza buhebuje bashatswe n’abakinnyi bo mu Rwanda , uwa Byiringiro Lague arayoboye