in

“Nta muntu uri burare mu nzu uyu munsi, imvura ya saa 2:00 z’ijoro ishobora kuza ikatwangiriza” Umuyobozi w’umujyi wa Kigali yaburiye abaturage nyuma y’uko hari aho igikuta cyagwiriye umubyeyi n’abana be bari baryamye bahita bapfa – VIDEWO

Mu mujyi wa Kigali mu karere ka Gasabo mu murenge Gisozi haguye imvura nyinshi maze urukuta rwari rwubakishije amabuye rugwira inzu yari iryamyemo umugore n’abana babiri bahita bahatakariza ubuzima.

Umuyobozi w’umujyi wa Kigali Pudence Rubingisa yahise ahagera maze asaba abatuye mu mudugudu wa Ntora Bose ko batari burare mu mazu yabo kuko ashobora kubagwaho kubera imvura.

Aba baturage bahise batangira kubashakira aho barara mu gihe hakurikiyeho gahunda y’uko bagomba kwimuka bakajya ahatashyira ubuzima bwabo mu kaga.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Benshi bari bazi ko ashobora kuba afite inkovu aba ari guhisha ku matako ye! Swalla waruzwiho kwambara ahishe ibice by’umubiri we byose yeretse rubanda ko nta nkumi imurusha amatako meza -AMAFOTO

Na we yageze i Dubai uwabo w’abari bazi kurya ubuzima! Igihozo Aliah uzwiho kugira imiterere ishitura benshi, yagiye kurya ubuzima i Dubai nk’abandi bakobwa bose bakimaze (VIDEWO)