in

“Nta muntu kamara” Uwayezu Jean Fidèle yatangaje ko amaze kunanirwa inshingano zo kuyobora ikipe ya Rayon Sports akaba atazakomeza kuyiyobora – VIDEWO

Uwayezu Jean Fidèle uyobora ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko ahazaza he ari umuyobozi w’iyi kipe, asigajemo igihe gito.

Mu kiganiro cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 29 Kamena 2023, Uwayezu Jean Fidèle yagiranye na Televiziyo Rwanda, yavuze ko manda ye y’imyaka 4 nirangira azahita aha amahirwe undi akayobora.

Uwayezu yabajijwe niba azongera kwiyamamariza indi manda, doreko ko ngo hari abafana ba Rayon Sports bifiza ko akomeza kuyobora iyi kipe kuko yayishyize ku murongo.

Jean Fidèle yagize ati “Nsigaje umwaka umwe n’amazi 2. Kuyobora Rayon Sports harimo imvune, maze kunanairwa. Ku mbwenje nk’aba-Rayon dukwiye gushaka undi nawe akayobora imyaka 4, kuko mfite umuryango nkwiye kwitaho. Nta muntu kamara, uzaza nzamufata mwerekere.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abantu batandukanye b’ibyamamare bashenguwe n’urupfu rwa Producer Junior Multisystem witabye Imana

Yamen Zelfani yamenyesheje ubuyobozi bwa Rayon Sports abakinnyi 3 ashaka nyuma yo guterwa gapapu na Police FC