in ,

Nta mukobwa udakunda umusore uteye gutya

Buri mugore aba yifuza gukundana ndetse no gushakana n’umugabo mwiza haba mu mico ndetse no ku isura, dore rero imwe mu mico abagore bakunda ku bagabo.

1. Kwiyubaha 

Buri mugore wese akunda umugabo wiyubaha kandi akanihesha agaciro mu bandi aho ari hose.

2. Umugabo uzi ubwenge 

Abagore bakunda abagabo b’abanyabwenge ku buryo azajya abona uko yirarira ku bandi bagore kuko nabyo biri mu bishimisha abagore.

3. Umugabo wicisha bugufi 

Umugabo wicisha bugufi imbere ya buri wese akurura cyane abagore kuko baba bifuza kuzubaka urugo rugakomera kandi iyo umwe yicisha bugufi urugo rurakomera.

4. Umugabo utega amatwi umugore we.

Buri mugore ashimishwa no kugira umugabo umwumva mu byo amubwira byose kando akagerageza kumufasha no kumugira inama aho bishoboka.

5. Umugabo ufite amafaranga.

Amafaranga yanishe umwana w’imana ntawutayakunda haba abagabo cyangwa se abagore ni byiza rero ko umusore aba ayafite kugira ngo agire igikundiro gishingiye ku mafaranga.

 

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Pasiteri John Lowe II yiyirukanye mu rusengero nyuma yo gukorwa n’isoni ubwo yashinjwaga uburaya.

Rwanda: Umugore yimanitse mu kagozi nyuma y’ibyabaye iwe