Nyuma yuko Twizerimana Onesme yirukanwe muri Police Fc azira imico idahwitse , amakuru ahari aravuga ko uyu musore agiye gusubira muri Musanze Fc yavuyemo aguzwe miliyoni 10 ,agahabwa miliyoni 5 ,na Musanze Fc ikagumana izindi.
Bikaba bivugwa ko kugeza kuri ubu Onesme ari mu biganiro byanyuma na Musanze Fc ndetse ko ntagihindutse uyu mukinnyi ashobora gutangira kugaragara muri Musanze Fc uhereye tariki 11 Mutarama 2023 ,mu mukino wa gicuti uzaba uhuza Musanze Fc na Marines FC.
Tarikin 6 Nyakanga 2021 nibwo Onesme yari yerekeje muri Police avuye muri Musanze Fc ku masezerano y’imyaka 2 yarahwanye na Miliyoni 10 ,
