in

Nta kanya ko kwitekerezaho! FERWAFA yahaye ubutumwa APR FC yari ikiri mu gahinda ko gusezerwa muri CAF Champions League inyagiwe imvura y’ibitego

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryamaze kumenyesha APR FC igihe izakinira umukino wayo w’ikirarane cy’umunsi wa kane wa shampiyona bafitanye na Musanze FC.

Ni mu gihe iyi kipe yari ikiri mu gahinda ko gusezerwa muri CAF Champions League itarenze umutaru nyuma yo gutsindwa na Pyramids FC ibitego 6-1.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Niyo waba uri umuswa muri ruhago ntakunu utabibona! Hamenyekanye ibanga abakinnyi ba Al Hilal Benghazi bakoresheje kugira ngo basezerere Rayon Sports

Yewe udufaranga ahembwa ntibyabuza kwirukanwa! Hamenyekanye umushahara umutoza wa APR FC ahembwa burya yirukanwe ntibyaba nk’ibya Adil Mohamed