in

Noopja yatanze ubutumwa bukomeye ku banyarwanda bose muri ibi bihe byo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi

 

Nduwimana Jean Paul wamenyekanye cyane ku izina rya Noopja akaba ari rwiyemeza mirimo ukomeye cyane ufite studioya country records yakoreragamo umusore utunganya imiziki uzwi cyane nka Element yatanze ubutumwa bukomeye cyane ku banyarwanda bose muri ibi bihe byo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994.

Noopja yagize ati:” Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, ni inshingano za buri munyarwanda aho ari hose. Si ibyo guharirwa bamwe gusa, ni amateka yacu twese. Ni muze kandi dukore tutizigama, twiyubake, dutere imbere, kandi ubumwe n’ubufatanye bikomeza kuturanga kuko ni wo musingi duheraho twubaka u Rwanda twifuza”.

Noopja yasabye abantu gukora cyane kandi bagakunda igihugu kandi yasoje agira ati:” Twibuke Twiyubaka”.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kazungu ntajya aburamo! Amazina 10 y’abacuruzi batajya babura muri karitsiye akomeje gutangaza benshi 

#Kwibuka29: Irambona Eric wakiniye amakipe arimo Kiyovu na Rayon Sports yahaye umukoro urubyiruko