in

Nonese mwabuze ayo kubaka stage! Tour De Burundi ikomeje gutangaza benshi nyuma yo kubona uburyo abatsinze bahembwamo n’aho baba bahagaze

Nonese mwabuze ayo kubaka stage! Tour De Burundi ikomeje gutangaza benshi nyuma yo kubona uburyo abatsinze bahembwamo n’aho baba bahagaze

Bikomeje kugorana, ku munsi w’ejo kuwa 24 Ukwakira mu Burundi hakomezaga Tour de Burundi aho Abanyarwandakazi aribo batwaye imyanya itatu yambere.

Gusa abantu benshi bakomeje kwibaza ese mu Burundi babuze ayo kubaka stage yo guhemberaho abatsinze? , cyangwa ni ukutabiha agaciro?. Bamwe batangiye no kuvuga ko byaba aruko ari amarushanwa y’abakobwa, abandi nabo bati “Nuko atari umunsi wo gusoza! “.

Muri make ibiri kuvugwa ni byinshi hirya no hino, ndetse bamwe batangiye gufata imwe muri izi foto zo mu Burundi bakayigereranya no mu Rwanda.

Gusa hari abizeye ko ku munsi wo gusoza, abatsinze bazakirirwa ahantu heza ndetse bakanahembwa neza.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Bafungura n’imodoka iri kugenda! Ibisambo by’i Karongi na Ngororero byakoze ikosi ryo kwiba ku buryo bisigaye biniba imodoka iri kugenda

Byiringiro Lague yatunguwe n’umugore we maze Lague na we kwifata biranga aramwishyura