in

Noneho nta kipe izongera kuvuga: Manchester City ikoze ibintu bigiye gutuma ikomeza gutsinda ubutitsa amakipe yose bihanganye

Noneho nta kipe izongera kuvuga: Manchester City ikoze ibintu bigiye gutuma ikomeza gutsinda ubutitsa amakipe yose bihanganye.

Ikipe ya Manchester City imaze imyaka myinshi iyoboje inkoni y’icyuma amakipe yo ku mugabane w’i Burayi yamaze kongerera amasezerano myugariro wayo Kyle Walker ukina ku ruhande rw’iburyo ahazwi nko kuri kabiri.

Uyu mugabo ukinira ikipe y’igihugu y’u Bwongereza yahawe amasezerano y’imyaka itatu izageza mu mwaka wa 2026 akinira iyi kipe ikomeje guhaka izindi i Burayi.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ese izi nzozi zaba zigiye kuba impamo: APR FC yahawe amahirwe yo gutsinda Pyramid FC

Umutoza watoje ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yamaze kwirukanwa n’igihugu yatozaga