in

Noneho Kigali Arena izaturika! Hamenyekanye abandi bahanzi barenze abambere bari hafi kuza i Kigali gutaramira abanyarwanda

Noneho Kigali Arena izaturika! Hamenyekanye abandi bahanzi bari hafi kuza I Kigali gutaramira abanyarwanda.

Umuhanzi w’umunya-Nigeria, Burna Boy uri mu bahataniye ibihembo bya Trace Awards, ashobora kuzitabira ibirori bizatangirwamo ibi bihembo bizabera mu Rwanda, ku wa 21 Ugushyingo 2023 muri Kigali Arena.

Ni ku nshuro ya mbere uyu muhanzi azaba yitabiriye ibirori bitangirwamo ibihembo bya Trace Awards.

Abandi bahanzi bafite amazina akomeye bashobora kuzitabira umuhango uzatangirwamo ibihembo bya Trace Awards, bizatangwa ku wa 21 Ugushyingo 2023 muri Kigali Arena ni Ayra Star, Asake, Rema, Musa Keys n’abandi benshi.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Genda wa mubyeyi we uri mwiza” Shaddyboo yashyize hanze ifoto yatunguye benshi bitewe n’ubwiza bwe atiteye ibirungu ndetse yambaye nk’ababyeyi

Umunya Senegal Sadio Mané yari agiye kuba uwa mbere: Dore urutonde rw’abakinnyi 10 bazwi cyane ku Isi bagira umutima wo gufasha kurusha abandi bose bakina umupira w’amaguru -URUTONDE