in

Umunya Senegal Sadio Mané yari agiye kuba uwa mbere: Dore urutonde rw’abakinnyi 10 bazwi cyane ku Isi bagira umutima wo gufasha kurusha abandi bose bakina umupira w’amaguru -URUTONDE

Umunya Senegal Sadio Mané yari agiye kuba uwa mbere: Dore urutonde rw’abakinnyi 10 bazwi cyane ku Isi bagira umutima wo gufasha kurusha abandi bose bakina umupira w’amaguru.

Abakinnyi bakina umupira w’amaguru bari muri bamwe mu bantu bahembwa amafaranga menshi cyane ku Isi gusa muri bo harimo abatayarya bonyine ahubwo bakayakoresha ibikorwa byiza byo gufasha abatishoboye ndetse n’ibihugu baturutsemo.

Urutonde rw’abakinnyi 10 bagira umutima mwiza wogufasha kurusha abandi bose ku Isi:

1. Cristiano Ronaldo

2. Sadio Mané

3. Marcus Rashford

4. Mohammad Salah

5. Lionel Messi

6. Michael Essien

7. Didier Drogoba

8. Wayne Rooney

9. Mesut Ozil

10. David Beckham.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Noneho Kigali Arena izaturika! Hamenyekanye abandi bahanzi barenze abambere bari hafi kuza i Kigali gutaramira abanyarwanda

Abakinnyi 11 Thierry Froger azabanza mu kibuga ku munsi w’ejo bagaragaza ko ashaka kwiyunga n’abafana ba APR FC