in

Noneho irazinyuka imwe ku yindi! Ikipe ya APR FC iri mu biganiro n’umutoza bazaha inshingano zo kuyigeza mu matsinda

Ikipe ya APR FC iri mu biganiro n’umutoza bazaha inshingano zo kuyigeza mu matsinda.

Umutoza mukuru wa APR FC ari mu biganiro n’ubuyobozi bw’iyi kipe kugira ngo yongererwe amasezerano ari kugana ku musozo.

Ben Musa wafashe iyi kipe nyuma y’uko Adil Mohammed yari amaze kuyisiga, ari ku mpera z’amaserano ye muri iyi kipe.

Mu kiganiro yahaye BB Fm Umwezi, Ben Musa yemeje ko ari ku mpera z’amaserano muri APR FC.

Yavuze ko amasezerano ye azarangira muri Nyakanga uyu mwaka aho yemeje ko ibiganiro byo kuyongererwa babigeze kure.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ari kuzamuka neza! Umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi wagaragaje urwego ruri hejuru mu kibuga, yamaze kubona ikipe nshya i Burayi

Imibare igiye kuzamo ibihekane! Umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi wari utegerejweho ibitangaza mu kujyana ikipe y’igihugu Amavubi mu gikombe cya Afurika, ntabwo akije mu Rwanda