in

Noneho arayihimuraho bikomeye! Mvukiyehe Juvenal nyuma yo kugura Rugende FC yatunguye benshi nyuma yo kuvuga ikintu gikomeye agiye gukora vuba byihuse

Noneho arayihimuraho bikomeye! Mvukiyehe Juvenal nyuma yo kugura Rugende FC yatunguye benshi nyuma yo kuvuga ikintu gikomeye agiye gukora vuba byihuse

Umuherwe ukomeye hano mu Rwanda, Mvukiyehe Juvenal wayoboraga ikipe ya Kiyovu Sports kugeza ubu ni nyiri Rugende FC isanzwe ibarizwa mu mujyi wa Kigali mu karere ka Gasabo.

Uyu mugabo uheruka kwamburwa ikipe ya Kiyovu Sports, akimara kugura Rugende FC yatangarije abakinnyi ko aje gukora ibishoboka byose kugirango ikipe ihite izamuka mu cyiciro cya mbere bitarenze uyu mwaka maze bajye guhangana nandi makipe akomeye yo mu cyiciro cya mbere.

Uyu mugabo wababajwe cyane n’abarimo kuyobora Kiyovu Sports kugeza ubu, ubwo yaguze ikipe ye bigiye kongera imbaraga nyinshi muri Shampiyona y’u Rwanda ndetse bishobora kuzamura ubucyeba bukomeye hagati ya Kiyovu Sports n’iyi kipe yatangiye kuyobora.

 

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Agezweho muri siporo: Lionel Messi yongeye gushimangira ko akwiriye guhabwa Ballon D’or ya munani

Congo ifite zahabu nyinshi! Ihere ijijo uburanga bwa Nakeza Diana wabaye Miss DRCongo 2023