in ,

Noneho arafungisha benshi: Wa mukobwa wigeze gutuma Davis D na Kevin Kade bajya muburoko yakuyemo imyenda maze atangira kwerekana ibyo benshi batajya babonesha amaso yabo abantu kwifata biranga batangira kugaragaraza amaranga mutima yabo kubera ibintu babonaga -AMAFOTO

Noneho arafungisha benshi: Wa mukobwa wigeze gutuma Davis D na Kevin Kade bajya muburoko yakuyemo imyenda maze atangira kwerekana ibyo benshi batajya babonesha amaso yabo abantu kwifata biranga batangira kugaragaraza amaranga mutima yabo kubera ibintu babonaga.

Umukobwa ufite ubwiza benshi badakunze gushindikanyaho uzwi nka Shazz wigize kuvugwa mwifungwa ry’abahanzi barimo Kevin Kade na Davis D yongeye gutitiza imbuga nkoranyambaga ubwo yagaragaraga ari ku mazi yambaye utwenda duhisha imyanya ye y’ibanga gusa maze bigatuma abantu bayavuga bitewe n’uburyo uyu mukobwa yagaragaragamo.

Amafoto:

Bimwe mu bintu abantu bagiye batangaza nyuma yo kubona aya mafoto ya Shazz:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Mitima Issac yatangaje abakinnyi 2 bari basanzwe muri APR FC batanga akazi kurusha abanyamahanga baguzwe muri iyi kipe

Nawe uru rugamba rwagutsinda: Miss Kayumba Darina yerekanye ibintu bishitura abarebyi maze abantu batangira gukora ibigoranye ko hari uwabibagayira bitewe nibyo bari bamaze kubona -AMAFOTO