in

None se kutumye batsa umuriro ubwo uzashobora kuwuzimya? Marina Deborah nyuma y’igihe atagaragara cyane muri muzika yagaragaye asaba abafana ibintu byatumye umuriro waka kandi ari we ubiteye

None se kutumye batsa umuriro ubwo uzashobora kuwuzimya? Marina Deborah nyuma y’igihe atagaragara cyane muri muzika yagaragaye asaba abafana ibintu byatumye umuriro waka kandi ari we ubiteye.

Umwe mu bahanzikazi bakunzwe cyane hano mu Rwanda Marina Deborah yongeye kwigaragariza abakunzi be nyuma y’iminsi itari mike amaze adashyira hanze indirimbo yahisemo kwifashisha imbuga nkoranyambaga ze maze abwira abakunzi be ko vuba cyane agiye gushyira hanze indirimbo nshya agira ati :”Niba witeguye ohereza imiriro uti oh Nanana”.

Dore uburyo abakunzi be nabo bahise batangira kumusubizamo nyuma yibyo yari amaze kubasaba:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Rutsiro: Umugabo yabenzwe n’umugore we babyaranye ajya kwishakira undi mugabo ni uko maze nyamugabo ahita afata icyemezo cy’ububwa cyo kwiyahura akoresheje icyiziriko

Ku myaka 12, Ineza Elvine wise izina umwana w’ingagi ku myaka mike ni muntu ki? Ni gute yisanze mu bikomerezwa akiri muto bene aka kageni?