in ,

Nk’uko yabisezeranyije abanyarwanda yatangiye kumena imiceri: Umukinnyi w’Amavubi uherutse kureka umupira yavuze umwanda uba muri ruhago y’u Rwanda watumye ahagarika kuwivurugutamo

Nk’uko yabisezeranyije abanyarwanda yatangiye kumena imiceri: Umukinnyi w’Amavubi uherutse kureka umupira yavuze umwanda uba muri ruhago y’u Rwanda watumye ahagarika kuwivurugutamo.

Rutahizamu Usengimana Danny wakiniye amakipe akomeye cyane nka APR FC, Police FC, Singida yo muri Tanzania, Tersana SC yo muri Egypt ndetse n’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yifashishije imbuga nkoranyambaga ze yatangiye kuvuga akaga yahuriye nako muri ruhago ubwo yabonaga amahirwe yo kuba yakinira ikipe ya FC Nantes yo mu Bufaransa ariko akangirwa n’ikipe yakiniraga muri icyo gihe.

Byinshi mubyo Danny yatangaje ubwo yasangizaga abantu ubutumire yari yahawe n’ikipe ya FC Nantes ikina Ligue 1 ikipe yakiniraga ikamubera imbogamizi:

Usengimana Danny biteganyijwe ko agiye gukomeza kuvuga ibintu bitari byiza biri mu mupira w’amaguru mu Rwanda.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa yasokanye n’umusore amaze kurya inkoko yamuguriye ashaka ku mucika badacyemuye ibibazo by’umubiri umusore ahita amufata mu mashingu – Amashusho

Yamuhobeye yanga kumurekura! Umuhanzi Kenny Sol akigera ku kibuga k’indege yakiriwe n’umukunzi we – Amashusho