in

“Njewe ndakubwiye ngo ndi mwene Muhuruturu wa muruna wa Se ico sico?”: Umwana bicyekwako yaba avukana na Dr Nsabi yavuze ibintu bisekeje cyane bisanzwe bizwi kuri Rumaga maze abantu baratembagara batangira kuvugishwa kubera uburyo yabivugagamo -AMASHUSHO

“Njewe ndakubwiye ngo ndi mwene Muhuruturu wa muruna wa Se ico sico?”: Umwana bicyekwako yaba avukana na Nsabi yavuze ibintu bisekeje cyane bisanzwe bizwi kuri Rumaga maze abantu baratembagara batangira kuvugishwa kubera uburyo yabivugagamo.

Mu mashusho yacaracaye ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye yagaragaje umwana muto utera urwenya ari kuvuga ibisekuruza bye gusa uburyo yabivugagamo byatumye abarimo Anita Pendo babishyira ku mbuga nkoranyambaga zabo maze abantu batandukanye batangira guseka bitewe n’amagambo uyu mwana yavugaga.

Amashusho:

 

Bimwe mu bintu abantu bagiye batangaza nyuma yo kubona aya mashusho y’uyu mwana:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kimenyi nagire atange inkwano pee! kuko n’akomeza gutinda; Bitewe n’ibintu Miss Muyango yeretse Abanyarwanda byatumye Kimenyi ahamagazwa igitaraganya bamubwira icyo akwiye gukora mu maguru mashya -AMAFOTO

Rutahizamu karundura umaze igihe akina amatsinda mu mikino nyafurika agiye kwatakira Rayon Sports hatagize igihinduka