Niyo naba ndwaye Sida ikizwa n’umwenda wa Rayon Sports nakwemera nkimfira – umuhezanguni wa APR FC Kalisa Bruno Taifa yakwemera agapfa aho kwambara umwenda wa Rayon Sports.
Bruno Taifa wahoze ari Umunyamakuru wa Siporo akaza kwimukira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, uzwiho gufana APR FC cyane yatangaje ko nta mpamvu n’imwe yatuma yambara umwenda wa Rayon Sports kabone n’iyo yaba irimo umuti wa SIDA aramutse ayirwaye.


Wowe ubwo nibwo bwenge buke bwawe.