in

Niyo Bosco akora benshi ku mutima,ibihe bidasanzwe byaranze igitaramo cya Aline gahongayire yise ”Gala night”

Niyo Bosco akora benshi ku mutima,ibihe bidasanzwe byaranze igitaramo cya Aline gahongayire yise ”Gala night”

Uyu muhango wari witabiriwe n’abenshi higanjemo ibyamamare byo mu ngeri zose uyu muhango wari uwo kwizihiza imyaka isaga 22 Aline Gahongayire amaze amaze mu muziki wo kuramya no guhimbaza imana.

Ibi birori byabereye muri Selena Hotel kandi iki gitaramo cyaranzwe n’ibihe by’umunezero abari bitabiriye ibi birori batahanye akanyamuneza.

Kandi Aline Gahongayire yagize ibihe byiza byo kuririmbana na bamwe mu bahanzi nka Niyo Bosco ndetse n’abandi.

Written by Charry

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Umwana w’umukobwa wagurishijwe aziko agiye mu kazi yavuze uruva gusenya yahuriyeyo n’arwo harimo no kuryamana n’abagabo 10 kumunsi

Nyuma y’igihe gito Card B yibarutse yahishuye impamvu ashaka kubyara undi mwana wa 3 byihutirwa

  • https://stream.zeno.fm/0fzvslccgngvv
  • YEGOB LIVE
  • YEGOB LIVE
  • https://stream.zeno.fm/h8a8g1chaxhvv
  • YEGOB RADIO
  • YEGOB RADIO