in

Niyigena Clement myugariro wa APR FC yerekeje hanze y’u Rwanda

Myugariro w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi ndetse n’ikipe ya APR FC Niyigena Clement yerekeje hanze y’u Rwanda mu gusuzumwa uburwayi amaranye iminsi.

Kuri uyu wa mbere nibwo uyu mukinnyi yerekeje mu gihugu cya Kenya gusuzumwa uburwayi amaranye iminsi ndetse byaba na ngombwa agahabwa ubuvuzi. Amakuru dufite ni uko kugeza ubu yamaze no kugera muri iki gihugu mu masaha ari imbere araza gusuzumwa.

Shampiyona sezo 2022/2023, ijya kurangira Niyigena Clement yagize uburwayi bukomeye ndetse Shampiyona isoza ikipe ya APR FC ikina idafite uyu musore binayiviramo kugenda itakaza imikino imwe n’imwe. Bivugwa ko afite ikibazo cy’ibihaha.

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi ushobora kwirukanwa n’ikipe ya APR FC kubera urwego ruri hasi yahamagawe mu ikipe y’igihugu benshi bahinda umushyitsi

Abahinduranya nk’akenda k’imbere! Sharifa wahoze ari umugore wa Jay Polly yateye indobo umusore wari waramwambitse impeta ahita yikundanira n’undi musore mushya (AMAFOTO)