in

Niwe muhanzi yemera kurusha abandi bose mu Rwanda: Umuhanzi Rider Man yatangaje umuhanzi afata nka nimero ya mbere mu Rwanda

Niwe muhanzi yemera kurusha abandi bose mu Rwanda: Umuhanzi Rider Man yatangaje umuhanzi afata nka nimero ya mbere mu Rwanda.

Umuraperi ukunzwe cyane hano mu Rwanda Rider Man mu kiganiro urubuga rw’imikino atangaje ko nubwo abantu benshi bavuga ko we na nyakwigendera Jay Polly aribo baraperi bahoze bahanganye hano mu Rwanda ariko burya ngo umuraperi yemera ndetse yubuha kurusha abandi ni Bull Dog Ijisho ry’Uruvu.

Rider Man avuga ko Bull Dog ari we muhanzi yumva imyandikire ye akikangamo kubera ko ari umuhanga cyane.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyago bitera bidateguje! Amakuru atari meza ku muhungu wa Cristiano Ronaldo wari ufite akazoza ko gutera umupira mu ikipe y’abato ya Al-Nassr

“Gift z’uburyo bwose ziremewe”: Umunyamakuru Rugaju Reagan yagaragaye yambaye nk’abandi bakire bose ku munsi w’isabukuru ye y’amavuko -AMAFOTO