in

Ninde wazongera kureba champions league?

Benshi bemeza ko irushanwa rya Champions league ari ryo rusharwa rihuza amakipe y’iburayi rikunzwe kubera amakipe yigaruriye abafana ahuriramo.

Mu minsi yashize, abakire ba nyiri amakipe bashyizeho irushanwa rya super League ariko UEFA ibitera utwatsi nabo bihagararaho banga kuva ku izima.

Biteganyijwe ko kuri uyu munsi ku mugoroba biza gutangazwa ko iryo rushanwa rigomba gutangizwa i burayi n’amakipe yemeye uwo mushinga harimo Manchester united, Manchester city, Liverpool, Totenham, Arsenal, Chelsea, Fc Barcelona, Real Madrid, Juventus ndetse n’andi makipe atandukanye.

Nyuma y’uko UEFA ibyumvishe, yatangaje ko nta kipe izakina muri super league izaba yemerewe gukina amarushanwa y’iburayi bivuze ko nta kipe izaba yemerwe gukina Europa league, Champion League ndetse n’andi atandukanye.

 

Ubu se aya makipe natongera gukina champions league, ni nde uzongera kuyireba? Siga igitekerezo uko ubyumva.

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kwa Gitwaza zabyaye amahari, abasabye ko yegura batangaje ikigiye gukurikiraho.

Amafoto ateye ubwuzu y’umusore warongoye abakobwa batatu icyarimwe nyuma yo kumwiteretera