in

“Ninde wakubwiye ko ngewe ncuruza abantu” Keza yakuriye agahu ku ino umukobwa wamusabye pass z’abagabo ba bakire(ikiganiro baganiriye)

“Ninde wakubwiye ko ngewe ncuruza abantu” Keza yakuriye agahu ku ino umukobwa wamusabye pass z’abagabo ba bakire.

Ubwo Keza Terisky yari arimo gukoresha rumwe mu mbuga nkoranya mbaga yakiriwe message y’umukobwa wamusabaga pass.

Gusa Keza yamuhakaniye yivuye inyuma, amubwira ko we adacuruza abantu, ahubwo agomba gukora ntabwo agomba gutegereza pass. (dore ikiganiro bagiranye).

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Mu twenda twiza cyane tw’ubururu tugaragaza inda, umunyarwenya Aisha aho kurira ari kuririmba – AMAFOTO

DJ Brianne agarukanye imicyo y’akataraboneka (Amafoto)