in

N’igiti kizazamo da! Abakobwa n’abagore bambara impenure ku karubanda n’abasore basuka intweri bagiye kujya bafungwa n’igiti kinshi

N’igiti kizazamo da! Abakobwa n’abagore bambara impenure ku karubanda n’abasore basuka intweri bagiye kujya bafungwa n’igiti kinshi.

Mu karere ka Arumeru mu Ntara ya Arusha, muri Tanzania hashyizweho amabwiriza avuga ko abakobwa bambara amajipo magufi n’abasore basuka imisatsi, bazajya bacibwa amande angana n’ibihumbi 50 by’amashilingi.

Nkuko tubikesha Ibiro Ntaramakuru Reuters, aya mabwiriza yashyizweho bitewe n’uko umubare w’abakobwa b’ahitwa Olevolosi bambara impenure umaze kwiyongera cyane.

Imibare y’aba bakobwa yikubye kabiri berekana imibare ivuga ko umwaka ushize bari 312, none ubu bakaba ari 634.

Ni imibare yerekanywe n’ibarura ryakozwe muri ako gace, aba biyongeraho n’abahungu bisukisha imisatsi yabo, bose babafatiye ingamba yo kujya bacibwa amande y’ibihumbi 50 by’amashilingi.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Isi igeze mu bihe bya nyuma! Umupasiteri yabwiye abayoboke be ko nta muntu uzajya mu ijuru adafite amafaranga abaraho bagwa mu kantu -AMASHUSHO

Abashoferi bahiye ubwoba bacyumva ko kamera zo ku muhanda (Sophia) zahawe ubushobozi nk’ubwumuntu kuko izajya inamenya ko utambaye umukandara, wanze kwishyura imisoro n’indi byinshi bicaga nkana