in

Nick n’umugore we bagizwe inkuru kuri Twitter ubwo umwe mu bayikoresha yabazaga abantu niba koko aba bombi baberanye

Nick Dimpoz n’umugore we Sangwa Aline bagizwe inkuru kuri Twitter ubwo umwe mubayikoresha yabazaga abantu niba koko aba bombi baberanye.

Umwe mu bakoresha Twitter witwa Ornella Mwiza yagiye kuri Konti ye yandika abaza ati”utabeshye wowe ubona iyi Couple iberanye??”.

Nyuma yo kubaza gutyo haje abantu benshi bavuguruza ibyo yabajije ndetse bamwe baramutuka bamubaza niba ari we ugena niba abantu bagomba kuberana.

Uwitwa “be humble” yagize ati”ikigaragara ni uko uri inka mu mutwe basi ntiwabubahira ko ari ababyeyi.”


Abantu bakomeje gutanga ibitekerezo byabo mu buryo butandukanye ku bwinshi.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Uwiringiyimana Dieudonne

Ese komurabasazi umuntu arongoro umuntu amarangamutima atamuhisemo? Iteka umugorenumugabo baba barashimanye ahubwo iyo nidayimoni muba muzana mubantu .none muragirango baberanenande?

Abatubuzi bo kuri telefone batuburiye umwana w’imyaka 18 bamutwara miliyoni 26 yari yarizigamiye

Israel Mbonyi nyuma yo gutitiza inkuta za BK Arena akiyunyuguza izo mu Burundi agiye no muri Australia