in

Nibwo yari ikiva mu ruganda! Umwe mu bafana ba Rayon Sports yahaye imodoka nshya umutoza mushya w’iyi kipe – IFOTO

Hari umwe mu bakunzi b’ikipe ya Rayon Sports wemeye gutanga imodoka nshya kugirango umutoza mushya w’iyi kipe ajye ayigendamo mugihe agitoza Rayon Sports.

Yameni Zelfani niwe mutoza mushya wa Rayon Sports, wahawe iyi modoka nshya, gusa uwayitanze ntabwo aramenyekana.

Uyu mutoza Yameni Zelfani, kuri uyu wa Kabiri taliki 18 Nyakanga 2023, yatangiye imirimo ye yo gutoza, kuko nibwo yagiranye ibiganiro n’abakinnyi ubwo bari basoje imyitozo mu Nzove.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
John
John
1 year ago

Ntimukabeshye. Iyi ni Toyota Prius 2010- 2015 sibwo ikiva mu ruganda nk’uko byanditswe. Ntimukabeshye abantu

Yabikoze ntacyo yitayeho: Keza Terisky yerekanye amatako ye atukura kurusha urunyanya (Amafoto)

Ruhango: Umugabo wari ugize imyaka 35 akiba iwabo, yishe se amukase ingoto nyuma y’uko se yamusohoraga mu nzu ye ngo ajye kwiyubakira iye kuko yari amaze kuba mukuru bihagije (AMAFOTO)