in

“Nibashake sitade bazayirangaze abantu bose binjirire ubuntu” KNC mu magambo akakaye yateye ubwoba ikipe y’umutekano w’igihugu bitegura guhura – videwo

“Nibashake sitade bazayirangaze abantu bose binjirire ubuntu” KNC mu magambo akakaye yateye ubwoba ikipe y’umutekano w’igihugu bitegura guhura. 

 

KNC ubwo yari ari mu kiganiro rirashe kuri TV1 yateye ubwo ikipe ya Police Fc bitegura guhura ku munsi wo kuwa gatandandu kuri Kigali Pele Stadium.

KNC yavuze ko nta cyubahiro ntamba bagomba iyi kipe ya Police Fc, ko bazayitsinda ntacyo bitayeho. KNC nanone yasabye abakunzi ba Gasogi United kuzaza ari benshi ngo kuko umukino batazawuhenda ndetse nibashake sitade bazayifungure abantu binjirire ubuntu. Video.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umwe mu bakinnyi bakomeye muri Manchester United aricuza impamvu yayigiyemo

Umuhanzi Sintex yamaze kwitandukanya na murumuna we Nkusi Arthur