in

“Niba wicaranye n’umusore akaba adafite ubwanwa mubwire ngo abujubujubujubujubuju” Umunyarwenya Fally Merci wamenyekanye muri Genz comedy yasohoye amatariki y’ubukwe bwe

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, Fally Merci umunyarwenya umaze kumenyekana cyane hano mu Rwanda, wamenyekanye muri Genz Comedy yatangaje agiye gukora ubukwe.

Merci yatangaje ko ubukwe n’umukobwa witwa Nancy buzaba kuwa 30 Gashyanare 2024.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ni mu gihugu hose: MeteoRwanda yatangaje iteganyagihe ryo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 22 Ugushyingo 2023

Robert Cyubahiro McKenna wa RBA yasabiye Madeleine w’imyaka 97 guhabwa agashimwe kubera urukundo yeretse Amavubi mu bibi no mu byiza