in

“Niba ndi umushumba wowe uri nka” B-Threy azindukiye kuri Godfather wo kuri Twitter aramutuka nyuma yo kuvuga ko yasinze Cannabis ‘Urumogi’ agatuka umufana we

B-Threy azindukiye kuri Godfather wo kuri Twitter aramutuka nyuma yo kuvuga ko yasinze Cannabis agatuka umufana we.

Ku munsi w’ejo hashize nibwo ku rubuga rwa X hiriwe hazenguruka ibitutsi nyandagazi B-Threy yatutse umufana we.

Nyuma y’uko bibaye isereri mu bantu, B-Threy yahise abisiba gusa abantu bari bamaze kubishyira mu materefone yabo.

Godfather umenyerewe kuri X, yagiye ku rukuta rwe maze agarura ibyo bitutsi aho yavuze ko uyu B-Threy yabikoze amaze guhaga Cannabis ‘Urumogi’.

Mu kubibona, B-Threy ntiyarebereye ahubwo yahise amusubizanya imvugo ikarishye cyane.

Uko byari bimeze:

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yashizemo ubunyunyusi! Umugore umaze kurambikwa n’abagabo barenga 300 arashaka umukunzi uza kumwondora

Agahinda ni kose ku bakunzi b’umuhanzi ukomeye cyane ku Isi wishwe n’igitagangurirwa