in

“Niba dufitanye ikibazo ujye umbona uhunge” Rocky Kimomo yahabuye abanzi be nyuma yo kujya muri Gym (Videwo)

Umusobanuzi wa filime, Rocky Kimomo yerekanye amashusho ari muri Gym gukora imyitozo ngororamubira aho aba yagiye gukora umubiri mu rwego rwo kwivuna umwanzi.

Ibi yabikoze Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, aho yasohoye amashusho ari gukora umubiri.

Munsi yayo mashusho yanditseho kandi agira inama abo bafitanye ikibazo kujya bamubona bagahunga kuko ngo agiye kujya avunira mu mavi.

 

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yolo The Queen yagiriye inama isekeje abasore n’abagabo bareba amafoto ye bakicyinisha

Rayon Sports yongeye gutegura igikorwa cy’indashyikirwa ishimangira ko irusha abacyeba ubushongore n’ubukaka