in

“Ni yumve ukuntu abana b’abanyafurika barushye” Umuzungu wari watemberereye mu Rwanda bamukoreye ibiti bidafite ingata bamwe mu babibonye bamutaramira ho karahava

“Ni yumve ukuntu abana b’abanyafurika barushye” Umuzungu wari watemberereye mu Rwanda bamukoreye ibiti bidafite ingata bamwe mu babibonye bamutaramira ho

Mu gihe ahazwi nk’ibere rya bigogwe gaherereye mu murenge wa Bigogwe mu karere ka Nyabihu hakomeje kuganwa na ba mukerarugendo benshi ni nako udushya tuhakorerwa twiyongera.

Usibye kuba haba umukino wo gusimbuka urukiramende no kuragira inka mu rwuri rugari, bakoze akandi gashya bajyana ba mukerarugendo bari bahatemberereye gutashya mu ishyamba ibizwi mu muco nyarwanda.

Nyuma y’uko iyi foto igiye hanze bamwe babajwe n’ukuntu uyu muzungu yakorewe ibi biti bidafite ingata ndetse abandi mu buryo bw’urwenya bagira bati ni yumve uko natwe twarushye.

Reba bimwe mu bitekerezo by’ababonye iyi foto ku rubuga rwa twitter..👇🏽

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Itandukaniro ry’imikino y’abasirikare n’iyaba sivire! Imiguruko iba iri mu mikino y’abasirikare ikomeje guteza ururondogoro

Ikipe ya Rayon Sports yitinda guha Simon Tamale amafaranga ngo asinye ikipe ikomeye hano mu Rwanda yari yamaze kumvikana nawe