in

Ni wowe ubwirwa: Ntuzigere unywa amazi muri iki gihe kabone niyo waba ufite inyota nk’ubutayu

Umubiri wacu ukenera amazi kugira ukomeze ibikorwa bimwe na bimwe nko kuyungurura imyanda no kugabanya umunyu, ayo mazi rero hari igihe ugomba kuyanywa no kutayanywa.

Muri iyi nkuru tugiye kukubwira igihe utagomba kunywa amazi kabone niyo waba ufite inyota nk’ubutayu.

Mu ijoro

Ntukanywe  amaze mu ijoro kabone niyo waba ufite inyota kuko iyo uyanyweye ugahita ujya kuryama, byangiza ibitotsi byawe ndetse umubiri ntabwo uruhuka.

Nyuma yo kurya imbuto

Si byiza kunywa amazi nyuma yo kurya imbuto kuko ziba zifitemo acid rero iyo uhise uyanywa birivanga bigatuma igifu gicanganyikirwa.

Mu gihe uri kurya

Benshi ibi byo murabizi ko aronga amafunguro bigatuma umubiri ugorwa no kubona intungamubiri ziri mu biryo wariye.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Shaddyboo yavuze umusanzu we nk’umunyarwandakazi agiye gutanga 

Ababyeyi gusa: Dore imyambaro myiza umugore utwite akwiye kwambara itamubangamiye