in

“Ni we wayinyinjijemo wenyine” Zari Boss Lady yavuze ikintu Shakib yamwinjijemo abandi bagabo bose batigeze bamushyiramo

“Ni we wayinshyizemo wenyine” Zari Boss Lady yavuze ikintu Shakib yamushyizemo abandi bagabo bose batigeze bamushyiramo.

Mu kiganiro n’itangazamakuru, Zari Hassan wamenyekanye nka Zari Boss Lady yavuze ko Shakib ariwe mugabo wenyine wamwambitse impeta.

Ati: “Ni we wayinshyizemo (impeta) wenyine.”

Akomeza avuga ko Shakib ariwe mugabo wenyine wabashije gushyingiranwa na we byemewe n’amategeko.

Zari Boss Lady yasezeranye na Shakib mu kwezi gushize ndetse ubu bakaba babana nk’umugabo n’umugore byemewe n’amategeko.

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ugasanga umuntu utega bisi afitiye ishyari umuntu ugenda muri range rover ye, Da Bijou yibasiye abantu bishwe n’amashyari aho kwiteza imbere(Videwo)

Agahigo yesheje gafitwe na bake mu Rwanda, Umusizi Junior Rumaga ari mu byishimo bikomeye nyuma y’agahigo gashya yesheje avuga ko byamugoye ku kesa