in

“Ni we wanyambuye ubusugi bwange”: Zuchu guhisha ibanga byamunaniye ubwo yabazwaga ikibazo gikomeye cyane maze ahita atangaza ibintu yakorewe na Diamond Platunmz wigize gapfizi

“Ni we wanyambuye ubusugi bwange”: Zuchu guhisha ibanga byamunaniye ubwo yabazwaga ikibazo gikomeye cyane maze ahita atangaza ibintu yakorewe na Diamond Platunmz wigize gapfizi.

Umuhanzikazi ukunzwe cyane muri Afurika Zuchu ubwo yari mu kiganiro kuri Wasafi Tv yabajijwe umubare w’abagabo amaze kuryamana nabo maze aratangara cyane arangije ahita avuga ko Diamond Platunmz ari we wamwambuye ubusugi ahita anamuhobera cyane kubera ko bari kumwe muri icyo kiganiro.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umwana usa nka nyina! Nyirabukwe wa Mukunzi Yannick yagize isabukuru y’amavuko maze abantu batungurwa n’ukuntu asa nk’umukobwa we (AMAFOTO)

Hamenyekanye akayabo kahawe abakinnyi b’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi nyuma yo kunganya na Senegal y’impinja