in

Ni we wabikoze: Umuturage w’umupangayi yatunguwe no gusanga amazirantoki imbere y’umuryango bikaba byakozwe na nyiri byondo (video)

Mu Rwanda ndetse n’ibindi bihugu byinshi bitandukanye ku Isi hari abaturage Banga kwishyura amafaranga y’inzu maze bikaba ngombwa ko bimurwa hakoreshejwe izindimbaraga ariko ibyabaye ku mugabo ukondesha inzu byo n’igahomamunwa.

Banyiri nzu bakunze gufata abapangayi nabi gusa hari abarengera ugasanga bakoze ibikorwa bigayitse cyane ndetse binatangaje kumva umugabo ukondesha inzu witwa Ntaganzwa Theogene yahuye nuruva gusenya ubwo yasangaga nyiri nzu yaneye ku muryango iwe.

Na we iyumvire uko byagenze:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kimenyi noneho ari vugana umuntu: Hagaragaye amashusho y’umusore ari kubyinisha Miss Muyango umugore wa kapiteni wa Kiyovu Sports mu buryo budasanzwe (video)

Rubavu: Byari amarira n’abagahinda mu muhango wo gushyingura abahitanwe n’ibiza – AMAFOTO na VIDEWO