in

Ni umwe mu banyezamu beza u Rwanda rwigeze! Umunyezamu wakanyujijeho mu ikipe y’igihugu Amavubi yasezeye ibyo gukina umupira w’amaguru

Umunyezamu w’ubatse ibigwi mu ikipe y’igihugu Amavubi, Ndayishimiye Eric ‘BAKAME’ yatangaje ko ahagaritse gukina umupira w’amaguru.

Uyu mukinnyi yari amaze imyaka 19 akina nk’uwabigeze umwuga, akaba yaranyuze mu makipe 7 atandukanye hano mu Rwanda ndetse n’ikipe y’igihugu Amavubi.

Bakame ahagaritse ibyo gukina umupira w’amaguru, gusa agiye guhita ajya mu nshingano zo gutoza abanyezamu b’ikipe ya Bugesera FC.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nayo igiye kwigaragaza: Ikipe ikomeye mu Rwanda yakuriweho ibihano

Dany Nanone ari kuririra mu myotsi