in

Ni igitangaza, Umurwayi wari urembye cyane yamaze iminsi itatu muri Ambulance atari yagera ku bitaro

Umurwayi yamaze iminsi itatu muri Ambulance atari yagera ku bitaro aho yari agiye kuvurirwa.

Ibi byabaye mu gihugu cya Kenya aho kubera imvura nyinshi imaze iminsi igwa muri icyo gihugu byatumye ambulance yari itwaye umurwayi imara iminsi itatu mu muhanda.

Umuganga wari uri kumwe n’umurwayi, yabwiye itangazamakuru ko uyu murwayi yari yabuze umwaka aho bari bamujyabye mu bitaro bya Nairobi.

Kuko umuhanda wari watose cyane byatumye urugendo abo bari gukora amasaha ane barukora iminsi itatu kuko barindiriye ko umuhanda wumuka.

Uyu murwayi yahawe oxygen zari ziri muri iyo Ambulance mbere y’uko agezwa mu bitaro i Nairobi.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa w’imyaka 20 ibikorwa bye yakoze ku myaka ye micye bimukozeho (AMASHUSHO)

Umukinnyi Rayon Sports yahaye uruhushya ngo ajye iwabo ntabwo akozwa ikintu cyo kugaruka muri iyi kipe nubwo Haringingo Francis amushaka cyane