in

“Ni hehe nakura akazi nkaka” Umagabo yakandaguye amabuno y’umugore ari kumukorera masaje none n’abandi bari kubyifuza (Amashusho) 

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwira amashusho y’umugabo uri gukorera masaje umugore amukandagura ababuno barengejeho agashuka.

Wakwibaza niba uyu yaba ari umugore we gusa ntamuntu ubizi kuko ni abo mu bihugu byo hanze.

Abantu batandukanye batanzeho ibitekerezo umwe ati “Uyu musore ntakeneye kujya mu rindi juru kuko yarigezemo” undi ati “ni hehe nakura akazi nkaka, nkabonye nanakishyura!”.

Umwe mu bagore batanze igitekerezo yagize ati “ni hehe nakura umusore nk’uyu” muri make nawe ashaka umukorera nkibi.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kubera iki umubu uduhira ugana mu matwi? Menya impamvu

Abantu bapfiriye mu ishyamba bategereje igitangaza cyo guhura na yesu