in

“Ni gute wakwigira ku mwana w’umukobwa wujuje itaje atagira akazi kazwa?” Umubyeyi ubwiriza ubutumwa yavuze ukuntu ubusambanyi buri mu bantu bakomeye no mu bakobwa babo batahaye indangagaciro zuzuye [videwo]

“Ni gute wakwigira ku mwana w’umukobwa wujuje itaje atagira akazi kazwa” Umubyeyi ubwiriza ubutumwa yavuze ukuntu ubusambanyi buri mu bantu bakomeye no mu bakobwa babo batahaye indangagaciro zuzuye.

Ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye hakomeje gusakara amashusho y’umubyeyi uba ari kubwiriza ubutumwa bwiza, aho yacyebuye abana b’abakobwa.

Avuga ko ubusambanyi bukomeje gufata indi ntera ndetse ko buri no mu bantu bakomeye gusa.

Aguruka ku bakobwa, yahereye ku ba Influencer aho yibajije ukuntu umukobwa yuzuza itaje kandi nta kazi kazwi agira.

[videwo]

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abahanga mwigaragaze mutwereke! Dore 11 ba APR FC n’aba Rayon Sport biteranyije bakoze ikipe imwe

Mukansanga Salima yegukanye igihembo gikomeye mu Karere k’i burasirazuba