in

“Ni babona ibyabavuzweho noneho barahita bashaka” Israel Mbonyi, Seburikoko, ndetse na Man Martin bataramiweho biratinda nyuma yo gusanga aba basore bose bahuriye ku kintu kimwe

“Bose ni abasore bari ku byiruka n’ikimenyimenyi baribana” Israel Mbonyi, Seburikoko, ndetse na Man Martin bataramiweho biratinda nyuma yo gusanga aba basore bose bahuriye kukintu kimwe

Hifashishijwe ifoto y’aba bombi uko ari 3 umwe mu bakoresha Twitter yabajihe abantu uti “ese aba 3 bahuriye Kuki?’.

Ni byo aba bose bakuriye ku kuba bose ari abahanzi n’ubwo Seburikoko akina filime gusa na we ni umuhanzi, gusa icyo sicyo abantu bashyize imbere ahubwo bababajwe n’uko banze gukoresha ibirori kandi bikenewe.

Abakoresha Twitter bashimangiye ko aba bose bakuze bagakwiye gushaka abagore.

Dore bimwe mu bitekerezo by’ababonye iyi foto..

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Urukiko rwanzuye ikirego Danny Nanone aregwamo n’uwo babyaranye

Umuhanzi Chris Eazy yahakanye ibintu ashinjwa maze abwiza inani na rimwe ababimushinja