in

Ni akumiro:umugore abana n’abagabo babiri bose bararana ku gitanda kimwe

Uyu mugore witwa Francine yavuze ko abana n’aba bagabo munzu imwe kugeza ku buriri ndetse bose bakaba bafitanye abana bakaba batuye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo .

Kuri ubu aba bagabo babaye inshuti zikomeye kuko kuri ubu basigaye bameze nka bavandimwe kubera gusangira ubuzima bwabo bwa buri munsi.

Kuri ubu y’u mugore avuga ko nawe imiryango ye y’umiwe ngo kuko ibi yakoze ntago biba no mu muco wabo.

Yaba uyu mugabo Remi mulhura na Albert Jerlace mu makuru bahaye afrimax TV bose bavuze ko ntacyo bibatwaye kandi ko buri umwe wese azi abana be yabyaranye n’uyu mugabo.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Urubyiruko rwifuza kujya muri cinema nyarwanda rwashyizwe igorora

Gicumbi:Umusore akuricyiranweho gusambanya umwana w’umukobwa ukiri muto cyane