in

Ngwino wumve ukuntu ubugabo butisubiye bubyara ububwa! Umugabo w’imyaka 45 yifungiranye mu nzu maze arayitwika nyuma y’uko umugore we yanze kumutekera inkoko

Ngwino wumve ukuntu ubugabo butisubiye bubyara ububwa! Umugabo w’imyaka 45 yifungiranye mu nzu maze arayitwika nyuma y’uko umugore we yanze kumutekera inkoko

Umugabo witwa John Rugala wo mu gihugu cya Kenya yitwikiye mu nzu nyuma y’uko umugore we yanze kumutekera inkoko.

Umuyobozi wungirije wa Nyaobe, John Atonya yagize ati: “Uyu mugabo witwa John Rugala, yifungiranye mu nzu mbere yo kuyitwika.”

Atonya yavuze ko uyu mugabo w’imyaka 45 bivugwa ko yahisemo kwiyambura ubuzima nyuma y’uko bivugwa ko umugore we yanze kumutekera inkoko.

Raporo y’ibanze yerekana ko umugore we yanze guteka iyo nkoko kubera ko yari iy’umukobwa wabo.

Uyu mugabo yaje gupfira mu nzu ahiriyemo.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kuba yaramugaye nti byatuma atabyina ingwatira nk’abandi’ Umukobwa ugendera mu kagare yatumye abari mu kabyiniro bose bamuhanga amaso nyuna yo kubyina ingwatira kandi yicaye no mu kagare(Videwo)

Kuba ugihumeka si uko uri igitangaza cyangwa uri igishongore kuruta abapfuye: Abantu bagendaga mu muhanda bahuye n’iherezo ryabo nyuma y’uko imodoka ibashije hagasigara umukungugu(Videwo)