in

Nguko uko muri Kigali twinjiye mu mwaka mushya wa 2023/ Kigali yasaga neza Pe!!!

Ubu tuvugana turi itariki 1 Mutarama 2023 , abenshi muri Kigali baracyaryamye ,cyane ko ari ku cyumweru ndetse bakaba baraye incyera bishimira gusoza umwaka wa 2022 ,bari kwishimira kwinjira mu mwaka wa 2023.

Abantu binjiye muri uyu mwaka mu buryo butandukanye ,kuburyo hari abawinjiyemo bari mukabari ,bari kunywa ,banarya mu rwego rwo kwishimira gusoza 2022 ari bazima ,ariko kandi hari abawinjiriyemo mu rusengero .

Mu gihe hari abandi bahisemo kuwinjiramo bari kumwe n’imiryango yabo mu rugo ndetse n’ahandi hatandukanye ,ari nako baniha ingamba z’ibyo bashaka kugeraho uyu mwaka wa 2023, muri rusange ryari ijoro ryiza ,benshi muri twe tuzahora twibuka.

Kigali yasaga neza mu ijoro ry'ubunani
Kigali yasaga neza mu ijoro ry’ubunani

Umwaka mushya!

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

NYABUGOGO KANO KANYA! Bonane yahumuye abantu barikwerekeza ku ivuko ari benshi

Umutima wawe uwufungurire itangiriro rishya! Miss Naomi n’umukunzi we bifurije abanyarwanda umwaka mushya