Ubuzima
Ngubu uburyo bwizewe watakaza ibiro ukoresheje inanasi mu minsi itatu gusa.

Ku bifuza kugabanya ibiro rero kubera kurya ibintu bifite ibinure cyane, ihate kurya inanasi, kuko mu minsi itatu yonyine ishobora kugufasha gutakaza ikilo n’igice cy’ibiro byawe. Mbere yo kukwereka uko wakoresha inanasi mu kugabanya ibiro reka tubanze turebere hamwe bimwe mu by’ingenzi mu biyigize.
Umutobe w’inanasi urinda umubyibuho ukabije bitewe n’uko ikize kuri calcium, potassium, vitamin A na C, fibre n’ibindi. Iyi vitamin C ibasha kugabanya ibinure mu mubiri bityo n’umubyibuho ukagabanuka.
Dore noneho uko wagabanukaho ikilo n’igice mu minsi itatu gusa. Ikintu cya mbere ukwiye kwitaho ni ukuba uretse ibyo kurya birimo amavuta cyangwa se ibinure mu minsi itatu gusa, ugafata utwo kurya tworoheje, ubundi ukarenzaho ibisate bibiri by’inanasi mu gitondo saa sita na nimugoroba.
Mu minsi itatu:
Mugitondo: Icyayi n’umugati umwe + ibisate 2 by’inanasi
Saa sita: isupu y’imboga + ibisate 2 by’inanasi
Nimugoroba: Yawurute imwe + umugati umwe+ ibisate 2 by’inanasi
Birasaba ko urya ibiryo bidatuma uhaga cyane kandi bidafite aho bihurira n’ibinure, mu minsi itatu yonyine wibanda ku kurya inanasi mu gitondo saa sita na nimugoroba ubundi nyuma yaho usanga ibiro byagabanutse rwose.
Comments
0 comments
-
Mu Rwanda21 hours ago
Rwanda: ku myaka 20 agiye kurushingana n’umugore w’imyaka 50 |hari abamwita umukecuru|Basomanye turumirwa
-
Imyidagaduro14 hours ago
Urukundo ni rwogere: Fofo wo muri papa sava yuriye indege ajya gushyigikira ibikorwa by’umukunzi we
-
Utuntu n'utundi18 hours ago
Cyore:Umukwe n’umugeni bashatse kurwanira mu bukwe bakizwa na mbuga.
-
Izindi nkuru21 hours ago
Umubyeyi yataye ubwenge ubwo yumvaga ko umuhungu we w’imyaka 17 yateye inda bashiki be babiri .
-
Mu Rwanda17 hours ago
Maze imyaka 40 nta mugabo urantereta|Ninjye muntu mubi cyane ku isi||ukuguru kwanjye banze kuguca.
-
urukundo3 hours ago
Umusore yaryamye mu muhanda hagati abantu benshi barahurura maze ahita atungura umukunzi we amwambika impeta(AMAFOTO)
-
Mu Rwanda16 hours ago
Akumiro:Bamuroze kugira ibitsina bibiri nyuma yo kurya isake y’umukobwa||Ubuhamya bwa Miss Munyago w’i Nyamasheke.
-
urukundo17 hours ago
Abantu benshi bashimishijwe cyane n’ubukwe bw’umusore umaze imyaka 14 mu kagare k’abamugaye n’inkumi y’ikizungerezi.