in

Ngaya amazina y ‘abana bakivuka akomeje kubica bigacika mu Bwongereza .

Urubuga rwa Nameberry rwashyize hanze ubushakashatsi ku mazina akunzwe n’ababyeyi bari kubyara muri iyi minsi arimo irya Luna ku bakobwa na Arlo ku bahungu mu gihugu cy’Ubwongereza.

Aya mazina ari guhabwa cyane abana bari kuvuka muri iyi minsi,aje asimbura aya Olivia na Sophia yari akunzwe ku bakobwa muri 2020 ariko ubu nta nubwo aza muri 5 akunzwe cyane muri iyi minsi.

Binyuze mu bushakashatsi iki kinyamakuru cya Nameberry cyakoze,aya mazina 5 niyo ari guhabwa abana muri iyi minsi.

Iki kinyamakuru cyavuze ko amazina ashobora kongera gukundwa n’ayo mu gihe cyashize nka Atlas, Rufus na Severus ku bahungu na Aurora ku bakobwa.

AMAZINA 5 AKUNZWE ARI GUHABWA ABANA B’ABAKOBWA N’ABAHUNGU:

Ku bakobwa:

1. Luna
2. Ophelia
3. Elodie
4. Iris
5. Maeve

Ku bahungu:
1. Arlo
2. Oscar
3. Hugo
4. Albie
5. Atticus

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Arakaye cyane Fofo Dancer yakije umuriro ku bavuga ko afite ikibuno gikomeye||gukunda abagabo kwe||Abamwita indaya abise ibigoryi turumirwa

Abantu batangariye uyu mugore waheze mu byuma by’urugi(griyaje)agerageza gucakira umugabo we wasambanaga n’ihabara.