in

Abantu batangariye uyu mugore waheze mu byuma by’urugi(griyaje)agerageza gucakira umugabo we wasambanaga n’ihabara.

Amafoto agaragaza uyu mugore yaheze mu byuma by’urugi(griyaje)yatunguwe abatari bake ku mbugankoranyambaga, aho bivugwa ko yashakaga gucakira umugabo we wari urimo gusambana n’ihabara,nyuma yo guheramo byatumye hitabazwa imashini ikata ibyuma kugirango abashe gukurwamo.

Ikinyamakuru Antikanews kivuga ko uyu mugore acyumva ko umugabo we arimo kumuca inyuma ,kwihangana byamunaniye maze ahita afata icyemezo cyo kujya kureba uyu mugabo we, agerageza kwinjira bucece mu rugi w’amarembo rukozwe mu byuma birangira ahezemo.

Nk’uko bigaragara mu mashusho yasakaye kuri instagram byabaye ngombwa ko bakoresha imashini ikata ibyuma ya ponseze kugirango bamukuremo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ngaya amazina y ‘abana bakivuka akomeje kubica bigacika mu Bwongereza .

Waba warazengerejwe n’impumuro mbi yo mu kanwa?menya ikibitera n’uko wabirwanya.