in

Arakaye cyane Fofo Dancer yakije umuriro ku bavuga ko afite ikibuno gikomeye||gukunda abagabo kwe||Abamwita indaya abise ibigoryi turumirwa

Umubyinnyi Fofo Dancer yasubije abamwibasira bavuga ko afite ikibuno gikomeye, ndetse ahishura ko mu mwuga we wo kubyina yikundira abagabo kuko bamuha amafaranga nyuma yo kubashimisha nubwo ngo hari abamwita indaya kubera imibyinire ye ikurura abagabo.

Fofo yambara mu buryo bushotorana

 

Uyu mugore ufite umwana wimyaka 7 ,amaze kubaka izina mu mbyino akora mu buryo bwa online n’izo yita private dance abyinira abantu babyifije.Uyu Fofo Dancer yatangarije Gasaro TV ko hari abamwibasira bamunenga ngo afite ikibuno gikomeye, nkuko ngo byavuzwe n’uwitwa Liza wahoze akora akazi kamwe nka ka Fofo gusa akaba yarabiviyemo.Fofo avuga ko kuri we umwuga we wo kubyina umutunze kandi abatekereza ko ari uburaya ntacyo bimubwiye.Yavuze ko abikora ku giti cye agashimisha abagabo bakamwishyura agatubutse. Yavuze ko kandi atari nka ba bakobwa birwa  bicaye bategereje impano, aho gukora ngo bagire icyo binjiza.

Mu burakari bwinshi yatutse abamwita ko ibyo akora ari uburaya ati:”njyewe nikundira abagabo ,ariko abanyita indaya ni ibigoryi .Bikwiriye gukura mu mutwe bakareka kwicupiza.Ibyo nkora ni akazi”.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Davis D na Kevin Kade batawe muri yombi bakekwaho icyaha cyo gusambanya umukobwa utujuje imyaka y’ubukure.

Ngaya amazina y ‘abana bakivuka akomeje kubica bigacika mu Bwongereza .