in

“Ngarukanye ukuboko kw’icyuma” KNC yagize icyo atangaza ndetse atangaza ko bagomba kumwitega

“Ngarukanye ukuboko kw’icyuma” KNC yagize icyo atangaza ndetse atangaza ko bagomba kumwitega.

KNC nyuma yuko ikipe ye igaritswe n’ikipe yitaga ko ishaje ariko itamutsinda ubu noneho yagarukanye imbadaga n’ingamba zidasanzwe muri shampiyona.

KNC yavuze ko ashyize iherezo ku bihe bibi bamaze iminsi bacamo ndetse ko guhera ku munsi wa 8 muzabona Gasogi isa nk’aho ari Nshya.

Yagize ati “Nshyize iherezo ku bihe bibi twarimo. Ngarukanye ukuboko kw’icyuma kandi ndababwira ko guhera ku munsi wa munani muzabona Gasogi United isa nk’aho ari nshya”.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Teta Sandra agiye kuzana Weasel i Kigali kwa Sebukwe ajye no kubasobanurira ukuntu yabakubitiye umwana

Nyuma ya Miss Pamella, undi mugore w’umuhanzi ugezweho mu Rwanda ahawe Rand Rover n’umugabo we uherutse kumukwa