in ,

Neymar yongeye guhamiriza urukundo rudasanzwe afitiye Lionel Messi mu magambo yatangaje ndetse amwemera kumukorera ikintu atazigera yibagirwa mu buzima bwe

Neymar Jr nyuma yo kuva mw’ikipe ya FC Barcelone,ntago byaciye umubano yari afitanye n’abakinnyi bakinanye muri iyo kipe,kuko mu bukwe bwa Lionel Messi yaba yarabibabwiye mbere bitabatunguye nk’uko byatunguye abafana.

Mu gihembo cyo guhemba umukinnyi witwaye neza wa FIFA cyitwa THE BEST cyabaye kuri uyu wa mbere,Neymar yongeye guhura na Iniesta,Neymar ndetse n’abayobozi ba FC Barcelone bakiregana bapfa amafaranga.Neymar and Messi

Neymar yatangarije ikinyamakuru Marca muri ibyo birori ati “FC Barcelone izahora mu mutima wanjye.”

Neymar ariko yagize andi magambo yongeraho abajijwe ibyo yaganiriye na Lionel Messi “Ntago twaganiriye ruhago gusa ahubwo no ku bindi bintu bigiye bitandukanye.Turi inshuti aho twajya hose tuzahora turi inshuti.”

Lionel Messi ntiyabuze gutora Neymar mu bakwiriye icyo gihembo nubwo bwose batagikinana

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Irebere ibintu bidasanzwe Lionel Messi yakoreye umwana wa Cristiano Ronaldo abantu bagatangara

Anita Pendo yerekanye ko uretse no kuba umushyushyarugamba ari n’umunyarwenya ukomeye