in ,

Anita Pendo yerekanye ko uretse no kuba umushyushyarugamba ari n’umunyarwenya ukomeye

Anita Pendo, umwe mu bashyushyarugamba bakomeye hano mu Rwanda akaba numwe mu byamamare bikomeye bikunzwe cyane hano mu Rwanda nderse bakunzwe kugarukwaho bitewe n’ibintu bitandukanye bakora, ku munsi w’ejo yongeye gusetsa abafana be bamukurikirana ku rubuga rwa instagram nyuma y’igihe kitari gito atabaterera urwenya. Ni nyuma yuko yari amaze gushyira hanze ifoto ye abinyujije kuri instagram yaherekesheje amagambo yatumye benshi baseka bagatembagara.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Neymar yongeye guhamiriza urukundo rudasanzwe afitiye Lionel Messi mu magambo yatangaje ndetse amwemera kumukorera ikintu atazigera yibagirwa mu buzima bwe

Isomere amagambo Nicki Minaj yabwiye Drake amwibutsa kera bagikundana ibyo bakoraga n’aho bavuye yakoze ku mitima ya benshi